SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Patrick Munyentwari
Izanditswe na Patrick Munyentwari
Selena Gomez yahagaritse ibitaramo bikomeye kubera indwara imwugarije
31 Uku 2013Muzika
Selena Gomez yahagaritse ibitaramo bikomeye kubera indwara imwugarije

{Kubera indwara yamuzahaje, Serena Gomez yahagaritse ibitaramo bikomeye yari kugirira ku mugabane w’Aziya no muri Australia.} Kubabara umutwe, ingingo no kubyimba mu maso ni byo byibasiye umuririmbyikazi Selena Gomez w’imyaka 21; bikaba bivugwa ko iyi ndwara yitwa Lupus erythematosus isanzwe imufata ari uruhererekane mu muryango we, dore ko atari ubwa mbere imwibasira. Urubuga 7sur 7 […]

Weasel wo muri Goodlyfe yakubise umuhanzi Khalifa amuziza telefoni
31 Uku 2013Hanze
Weasel wo muri Goodlyfe yakubise umuhanzi Khalifa amuziza telefoni

{Umuhanzi Khalifa wamenyekanye cyane mu ndirimbo “Ndabilawa” n’abamurinda bakubiswe mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 29 Ukuboza 2013, banakomeretswa na Weasel wo mu itsinda Goodlyfe, ashinjwa kumwiba telefoni; none ubu ari mu bitaro.} Kenneth Kasagazi Umubitsi w itsinda Goodlyfe yatangaje ko abajura ubundi ikibakwiye ari ugukubitwa mu magambo ye yagize ati “Uriya ni umujura wibaga […]

Bitunguranye, igitaramo cya Ama G amurika album “Turi ku ishuri” cyahagaze
29 Uku 2013Muzika
Bitunguranye, igitaramo cya Ama G amurika album “Turi ku ishuri” cyahagaze

{Nubwo kuwa Gatandatu tariki 28 Ukuboza, Hakizimana Amani uzwi nka Ama G The Black yagombaga kumurika Album ye ya kabiri yise “Turi ku ishuri” ntibyamuhiriye kuko yahuye n’ikibazo cy’uko abaterankunga be bagiye mu biruhuko badasinye ku mpapuro zamwemereraga kukorera igitaramo i Musanze.} Ama G The Black aganira na IGIHE yagize ati “Igitaramo cyimuriwe mu byumweru […]

SIFA Awards: Korali Hoziana yaje ku isonga muri korali z’indashyikirwa
27 Uku 2013Muzika
SIFA Awards: Korali Hoziana yaje ku isonga muri korali z’indashyikirwa

{Igikorwa cyo guhemba amakorali y’indashyikirwa muri ADPR cyiswe SIFA Awards cyasojwe tariki 26 Ukuboza hahembwa amakorali agera kuri 20 muri 88 yahatanaga, Korali Hoziana iza ku isonga nk’iy’umwaka kandi yahawe ibihembo byinshi.} Iki gikorwa cyamaze amasaha agera kuri atandatu (kuva saa 14h00 kugeza 20h00) cyaranzwemo n’indirimbo z’amakorali atandukanye yari yaturutse hirya no hino mu gihugu, […]

Noheli: Abana bato bahawe ikaze mu birori bibagewe bya Christmas Party
24 Uku 2013Ibirori
Noheli: Abana bato bahawe ikaze mu birori bibagewe bya Christmas Party

{Tonton Ramjaane na Tantine Neema bazwi mu rwenya rwa gikirisitu, bateguye igitaramo kizaba ku itariki 25 Ukuboza, kigamije kwishimana ku munsi wa Noheli n’abana kuva ku myaka 16 kumanura, kikazabera ku ishuri rya “Glory Secondary School” ku Kimicanga.} Aganira na IGIHE, Tonton Ramjaane yagize ati: “Ni ku nshuro ya mbere duteguye igitaramo nk’iki, turifuza ko […]

Eric Mucyo abona guhuza imico y’u Rwanda n’iy’ahandi ntacyo byica
24 Uku 2013Amakuru
Eric Mucyo abona guhuza imico y’u Rwanda n’iy’ahandi ntacyo byica

{Mu gihe bamwe mu bahanzi bakomeye ku mico gakondo y’ibihugu bakomikamo, Eric Mucyo abona kuvanga injyana gakondo y’u Rwanda n’injyana zamaze kwamamara bitica umuco ahubwo biwumenyekanisha ahandi.} Aganira na IGIHE, Mucyo yatangaje ko kuvanga injyana ari uburyo yihariye bumufasha kumenyekana ndetse bikamenyekanisha umuco nyarwanda, ati “ku njyana y’umuco gakondo w’u Rwanda niho mpera nshaka gusobanura […]

Bwa mbere mu Rwanda hagiye kuba ibitaramo bikorerwa mu mihanda
23 Uku 2013Ibirori
Bwa mbere mu Rwanda hagiye kuba ibitaramo bikorerwa mu mihanda

{U Rwanda rugiye kuba igihugu cya kabiri, nyuma y’Afurika y’Epfo, kigiye gutangira gukorerwamo ibitaramo bizwi nka “Street Electronic Dance Music” aho ababyina bemezanya mu mbyino zitandukanye mu muhanda ushobora kuba wanafungwa kugeza birangiye, bikaba bimenyerewe mu bihugu byateye imbere. } Ku itariki ya 28 Ukuboza uyu mwaka, igitaramo kizabera mu murenge wa Ndera mu Karere […]

Kigali: Igitaramo cya Chorale de Kigali cyarishimiwe cyane
23 Uku 2013Ibiterane
Kigali: Igitaramo cya Chorale de Kigali cyarishimiwe cyane

{Kwizihirwa, ibitwenge no kwifuza ko ibirori bitarangira ni byo byaranze igitaramo “Chrismas Carols Concert” cya korali ya Kigali, cyabereye muri Hoteli Serena ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 22 Ukuboza.} Chorale de Kigali yagaragaje ubuhanga n’intambwe nini imaze gutera mu miririmbire ugereranyje n’uburyo yaririmbaga mu myaka ya 1966 ikivuka, kuko yaririmbye mu buryo bw’amajwi […]

Stromae yazanye utundi dushya mu mashusho y’indirimbo “Tous les même”
19 Uku 2013Hanze
Stromae yazanye utundi dushya mu mashusho y’indirimbo "Tous les même"

{Uretse kuba yigaragaje yasokoje nk’abagore, Stromae mu mashusho y’indirimbo ye nshya “Tous les meme" yagaragaje ko afite ubuhanga busadanzwe bwo kubyina.} Muri iyi ndirimbo Stromae agaragara aryamye ameze nk’uwabuze uwo ari we (hagati y’umugabo n’umugore) kuko aba yimereye nk’umugore ubundi akitwara nk’umugabo, ibintu bigaragarira cyane ku myitwarire imuranga muri aya mashusho y’indirimbo nshya Tous les […]

Ciney arerekeza muri RD Congo aho Masamba yasubitse kujya
19 Uku 2013Amakuru
Ciney arerekeza muri RD Congo aho Masamba yasubitse kujya

{Mu gihe umuhanzi Masamba Intore yahakanye kwitabira ubutumire bw’abateguye Ndule Awards k’ubwo kutizera umutekano muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo n’izindi mpamvu za politiki, umuraperikazi Ciney we yemeye adashidikanya kwerekezayo, nyuma yo kwakira ubu butumire.} Aganira na IGIHE, Ciney yavuze ko yumva nta mpamvu yamubuza kwitabira ubutumire yahawe, kandi ko yumva nta mpungenge atewe no […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram