SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Twizeyimana Fabrice Fils
Izanditswe na Twizeyimana Fabrice Fils
Uganda: Uruhinja rwahitanwe n’urukuta rwahiritswe n’abasambanaga
21 Gas 2014Utuntu n’Utundi
Uganda: Uruhinja rwahitanwe n’urukuta rwahiritswe n’abasambanaga

{Umugabo witwa James Oyira ndetse n’umukobwa w’imyaka 17 utatangajwe amazina ye bitewe n’uko akiri muto, bari mu maboko ya polisi bashinjwa urupfu rw’umwana w’amezi atatu wagwiriwe n’urukuta agapfa bitewe n’uko aba babiri basambanaga barwegamyeho.} Umuyobozi wa Polisi yo mu gace ka Kati mu karere ka Amuru, Patrick Jimmy Okema yemeje aya makuru, maze asobanura ko […]

EAC yamuritse umunzani uzapimirwaho umwete w’ibihugu mu koroshya ubuhahirane
19 Gas 2014Iterambere
EAC yamuritse umunzani uzapimirwaho umwete w’ibihugu mu koroshya ubuhahirane

{Umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) kuwa Kabiri washyize ahagaragara umunzani uzakoreshwa mu kugenzura urugero ibihugu bigezeho mu gushyira mu bikorwa gahunda zijyanye no koroshya urujya n’uruza rw’ibicururuzwa mu koroshya isoko rusange hagati y’ibihugu bihuriye muri uyu muryango, umuhango wabereye i Arusha muri Tanzaniya.} Iki gipimo-karita kizajya gipimirwaho urugero ibihugu byo mu karere bigezeho byinjira […]

Umuhanda Kigali – Gatuna uruzura mu mwaka umwe utwaye miliyari zirenga 46
18 Gas 2014U Rwanda
Umuhanda Kigali – Gatuna uruzura mu mwaka umwe utwaye miliyari zirenga 46

{Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi – RTDA kiratangaza ko imirimo yo kubaka umuhanda Kigali – Gatuna igomba kuba yarangiye bitarenze muri Gashyantare umwaka utaha, umuhanda wubakwa mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’umuhanda kibangamiye bikomeye abakoresha uyu muhanda mu buhahirane hagati y’ibihugu byo mu karere.} Umuyobozi ushinzwe ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mushinga yabwiye The New Times ko […]

U Rwanda rwashyize ku isoko impapuro z’agaciro-faranga za miliyari 12 n’igice
17 Gas 2014Ishoramari
U Rwanda rwashyize ku isoko impapuro z’agaciro-faranga za miliyari 12 n’igice

{Leta y’u Rwanda yashyize ku isoko impapuro z’agaciro-faranga za miliyari 12 n’igice, ideni rigiye kuyifasha guteza imbere isoko ry’imari n’imigabane mu Rwanda, ndetse no guteza imbere ibikorwa remezo, rukazishyura iryo deni mu myaka itatu iri imbere.} Byavuzwe kandi ko abaturage kuri iyi nshuro baba bagiye kurushaho gusobanurirwa imikorere y’izi mpapuro ku buryo bazumva kandi bakitabira […]

2013: Hatahuwe uburiganya ku banyeshuri 31 mu bizamini bya leta by’amashuri yisumbuye
16 Gas 2014U Rwanda
2013: Hatahuwe uburiganya ku banyeshuri 31 mu bizamini bya leta by’amashuri yisumbuye

{Minisiteri y’uburezi iravuga ko n’ubwo hashyizweho imbaraga nyinshi ndetse hakabaho ubufatanye bw’inzego zitandukanye mu guhashya uburiganya mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye umwaka ushize, hari abanyeshuri 31 batahuweho uburiganya butandukanye mu gihe cyo gukora ibyo ibizamini.} Mu muhango wo gutangaza amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye muri iki cyumweru dusoje, Minisitiri w’uburezi Dr Vincent Biruta […]

Guaranty Trust Bank (GTBank) yasangiye “St Valentin “n’abakiriya bayo
14 Gas 2014Ubucuruzi
Guaranty Trust Bank (GTBank) yasangiye “St Valentin “n’abakiriya bayo

{Banki mpuzamahanga ikorera mu Rwanda, Guaranty Trust Bank (GTBank), kuri uyu wa gatanu yifatanyije n’abakiriya bayo mu kwizihiza umunsi w’abakundana uzwi ku zina rya St Valentin, aho buri mukiriya wayigannye ku uyu wa 14 Gashyantare yagenerwaga impano zitandukanye zateguriwe uyu munsi.} Ubuyobozi bwa GT Bank buvuga ko ubusanzwe umuco wo kwakira neza abakiriya ari wo […]

Kaminuza y’u Rwanda yahawe ububasha bwo kwihitiramo abazayigamo
14 Gas 2014U Rwanda
Kaminuza y’u Rwanda yahawe ububasha bwo kwihitiramo abazayigamo

{Minisiteri y’uburezi iratangaza ko habayeho impinduka zikomeye ku buryo abanyeshuri bajyaga boherezwa mu mashuri makuru na za kaminuza bya leta, aho kuva uyu mwaka noneho kaminuza y’u Rwanda yahawe ububasha bwo guhitamo abanyeshuri bazayigamo.} Ububasha kaminuza yahawe bwo kwihitiramo abanyeshuri butandukanye n’uko byagendaga ku mashuri na za kaminuza byari bisanzwe, kuko ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi […]

2013: Abanyeshuri barenga 88 % batsinze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye
13 Gas 2014U Rwanda
2013: Abanyeshuri barenga 88 % batsinze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye

{Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tarki ya 13 Gashyantare 2014, Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB cyashyize ahagaragara amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2013, aho imibare igaragaza ko abanyeshuri barangiza amashuri yisumbuye batsinze ku kigero cya 88,8% by’abakoze ibizamini.} REB itangaza ko mu mwaka ushize ibizamini bya leta bisoza […]

Ruhango: Umugore w’imyaka 79 yishwe urw’agashinyaguro, ukekwaho cyane kumwica  arazimira
13 Gas 2014U Rwanda
Ruhango: Umugore w’imyaka 79 yishwe urw’agashinyaguro, ukekwaho cyane kumwica arazimira

{Mukanyandwi Laurence w’imyaka 79 wari utuye mu Kagali ka Munini ,Umurenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango bivugwa ko yicishijwe ifuni, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu yashyinguwe, batatu bakekwaho uruhare muri uru rupfu bari mu maboko ya Polisi naho undi umwe ushyirwa mu majwi cyane arazimira.} Umurambo wa Mukanyandwi wabonetse kuwa kabiri w’iki […]

Amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye aratangazwa kuri uyu wa Kane
13 Gas 2014U Rwanda
Amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye aratangazwa kuri uyu wa Kane

{Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Gashyantare 2014 ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi mu Rwanda (REB) kirashyira ahagaragara umusaruro wavuye mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye byakozwe mu mpero z’umwaka ushize wa 2013.} Nk’uko bitangazwa na REB, amanota y’abakoze ibizamini bisoza amashuri yisumbuye aratangazwa mu masaha ya saa munani z’amanywa ku cyicaro cya […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram